in

Minisiteri y’Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n’ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n’ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali

Minisiteri y’Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n’ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n’ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali.

Ni mu rwego rwo kugabanya igihe abvantu bamara ku byapa bategereje imodoka. Izi ngamba zizatangira gushyirwa mu bikorwa guhera tariki 15 Ukuboza 2023.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku butaka butagatifu i Kibeho hateraniye abantu ibihumbi birenga 50 bari kwizihiriza ku nshuro ya 42 isabukuru y’amabonekerwa, ubwo umubyeyi Bikira-Mariya yabonekeraga abakobwa ba 3 – AMAFOTO 

Amakuru mashya kuri Irakoze Ariella warwaye icyibyimba mu isura agasiga umwana we w’amezi abiri akajya kwivuza muri Texas Hospital