Imyidagaduro
Kechapu wo muri Bamenya yerekanye imodoka ihenze asigaye agendamo|Yavuze icyo akundira ShaddyBoo |yakebuye ba SlayQueen (VIDEO)

Nelly cyangwa Kechapu nk’uko yitwa muri filime ya Bamenya, yerekanye imodoka nziza asigaye akendamo, anavuga ko imwe mu mpamvu ituma akunda ShaddyBoo ari umutima mwiza agira wo gufasha abandi ndetse asaba ba Slay Queen kujya birinda gushora abana babo mu bikorwa byo kwifotoza batikwije kandi bakiri bato.
Uyu mugore ufite umwana umwe aganira na Chita Magic TV yatangiye avuga ku buzima bwe bwite,aho yavuze ku bintu bitandukanye harimo nuburyo yatangiye umwaka mushya wa 2021, svuga ko asigaye anafite imodoka ihenze, igaragaza ko hari urwego amaze kugeraho abikesha Cinema. Kechapu yabajijwe ku bijyanye n’abaslay Queen bakunze kwifotoza bari ku mwe n’abana babo ndetse amafoto yabo agishyirwa ku mbuga nkoranyambaga ,uyu mugore yavuze ko asanga bidakwiye kuko biba biri kwangiza umwana mu mutwe kandi atari yo mahitamo ye.Yabajijwe kuri ShaddyBoo ukunze kugaragara amafoto ashyira hanze ibice by’umubiri we gusa akanagira n’umutima wo gufasha.Kechapu yasubije ko akunda uburyo ShaddyBoo afasha abandi harimo uburyo asangira n’abana bo ku muhanda, ariko anavuga ko niba gushyira amafoto ye hanze atikwije yumva ntacyo bimubwiye ko adakwiye kumucira urubanza kuko nawe ngo ni umuntu mukuru azi ibyo akora, ati”Shaddyboo ntibizamuce intege ngo ni uko abantu bamuvuga ,niba afite ibindi byiza akora nakomereze aho Nyagasani ni we uzamuhemba,ShaddyBoo simwanga gusa ntabwo tuziranye”.
Kurikirana ikiganiro kirambuye Kechapu yagiranye na Chita Magic TV ukanze hano hasi:
-
Imyidagaduro21 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro11 hours ago
Hamenyekanye impamvu Kimenyi Yves yafashe icyemezo cyo kwambika impeta Miss Uwase Muyango igitaraganya
-
Imyidagaduro19 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
inyigisho20 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.
-
Izindi nkuru2 days ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
Inkuru rusange7 hours ago
Ibyo wamenya kuri uyu mwana utangaje wapimaga ibiro 200 afite imyaka 10 y’amavuko gusa.
-
inyigisho9 hours ago
Bimwe mu bintu ukwiye kwirinda gukora niba udashaka kuzana umwuka mubi mu rugo rwanyu.
-
Izindi nkuru2 hours ago
Umukobwa ukiri muto yapfuye ubwo bamutunguraga bamwifuriza isabukuru y’amavuko.