in

Jimmy Gatete yasuye abakinnyi ba AS Kigali

Ubwo ikipe ya AS Kigali yageraga muri Congo aho igiye gukina umukino wo kwishyura na Daring Club Motema Pembe, hagaragaye amafoto Jimmy Gatete ari kumwe nabamwe mubakiniye amavubi aribo Jimmy Mulisa, Eric Nshimiyimana ndetse na Haruna Niyonzima ukinira Amavubi ndetse n’ikipe ya AS Kigali kugeza ubu.

Gimmy Gatete wigeze gukinira amavubi, akaba numwe mubagize ikipe y’Amavubi yagiye mugikombe cya Africa yongeye kugaragara asuhuza abakinnyi ba AS Kigali mbere yo gutangira imyitozo yabo ya mbere kuri Stade des Martyrs de la Pentecote.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abasore umukobwa ushishoza cyane adakwiye kwemera ko bamutereta.

Inkuru mbi itugezeho nonaha: Wa mwana Olga makunze yitabye Imana😭| Mama we avuze ibyabaye byose