in

“Iyo modoka igendamo abantu bane ntacyo imariye igihugu, RRA iyisoreshe 200%”, amagambo ya Senateri Emmanuel ku mudoka ya Bruce Melody

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucaracara amakuru ahamya ko icyamamare nyarwanda Itahiwacu Bruce uzwi ku izina rya Bruce Melody imodoka yavuzwe ko yaba yibitseho mu minsi yasize yaba yamaze kugera mu Rwanda.

Abenshi ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuba impaka nyinshi aho bamwe bavuga ako uyu muhanzi yaba akoresha nabi amafaranga. Ibi byaje gukurura impaka nyinshi ubwo umwe mu bayobozi bā€™igihugu (senateri) yashyiraga ubutumwa bwe kuri post yaashyizwe ku Igihe aho yagize atiā€Ariko mujye mubagira inama ! Ubu ayo mafaranga iyo ayubakamo ishuri ryā€™imyuga nka TVET abana baryigamo bari kuzamuririmba kugeza ashaje avuye ku Isi, ndetse ishuri bakariha izina rye !Ariko iyo modoka igendamo abantu bane ntacyo imariye igihuhu ! RRA iyisoreshe 200% ā€

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje impaka nyinshi kuri iki gitekerezo.

Written by Mike Mugisha

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.: +250 781 994 990

6 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
MUNYEMANA Ferdinand
MUNYEMANA Ferdinand
2 years ago

Yewe ga Senateri.ntago aziko ubwo bwoko bw’imidoka Leta yabukaturiye imisoro ahubwo.izafasha igihugu muri tourism.

Tarzan
Tarzan
2 years ago

Senateri se we yubatse amashuri angahe ya TVT ko ahenbwa mu misoro yacu? Agenda se muri bus ko bo nta nā€™ imisoro yā€™ imodoka bishyura? Kuki abantu bagirira ishyari abana babyaye?

Patrice rssbgn
Patrice rssbgn
2 years ago
Reply to  Tarzan

Cyakoza aho uvuze ukuri kwinshi šŸ‘ŠšŸ‘Š

Nzayisenga Emmanuel
Nzayisenga Emmanuel
2 years ago
Reply to  Patrice rssbgn

Njyewe ndumiwe gusa yubatse angahe x ishyari gusa

Mimi
Mimi
2 years ago
Reply to  Tarzan

Nibe nawe abajya kuyabitsa mu ma bank iburayi nuguzemo imodoka ikaza mu gihugu…

Anne
Anne
2 years ago

Uwo senateri we hari umuyobora uko akoresha ye azajyane abana be mu mashuli aciriritse abe munzu iciriritse nimudoka iciriritse maze yubake ibikorwa bimwitirwa ariko areke BRUCE akoreshe aye uko abishaka RURA izamusoresha uko bikwiye singombwa ko utegeka ko 200%

Ngiki igihugu gisekeje gituwe n’abantu 33 gusa

Yasabye umugore we ko batera akabariro abyanze aramurasa na we ariyahura