Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucaracara amakuru ahamya ko icyamamare nyarwanda Itahiwacu Bruce uzwi ku izina rya Bruce Melody imodoka yavuzwe ko yaba yibitseho mu minsi yasize yaba yamaze kugera mu Rwanda.
Abenshi ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuba impaka nyinshi aho bamwe bavuga ako uyu muhanzi yaba akoresha nabi amafaranga. Ibi byaje gukurura impaka nyinshi ubwo umwe mu bayobozi bāigihugu (senateri) yashyiraga ubutumwa bwe kuri post yaashyizwe ku Igihe aho yagize atiāAriko mujye mubagira inama ! Ubu ayo mafaranga iyo ayubakamo ishuri ryāimyuga nka TVET abana baryigamo bari kuzamuririmba kugeza ashaje avuye ku Isi, ndetse ishuri bakariha izina rye !Ariko iyo modoka igendamo abantu bane ntacyo imariye igihuhu ! RRA iyisoreshe 200% ā
Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje impaka nyinshi kuri iki gitekerezo.
Yewe ga Senateri.ntago aziko ubwo bwoko bw’imidoka Leta yabukaturiye imisoro ahubwo.izafasha igihugu muri tourism.
Senateri se we yubatse amashuri angahe ya TVT ko ahenbwa mu misoro yacu? Agenda se muri bus ko bo nta nā imisoro yā imodoka bishyura? Kuki abantu bagirira ishyari abana babyaye?
Cyakoza aho uvuze ukuri kwinshi šš
Njyewe ndumiwe gusa yubatse angahe x ishyari gusa
Nibe nawe abajya kuyabitsa mu ma bank iburayi nuguzemo imodoka ikaza mu gihugu…
Uwo senateri we hari umuyobora uko akoresha ye azajyane abana be mu mashuli aciriritse abe munzu iciriritse nimudoka iciriritse maze yubake ibikorwa bimwitirwa ariko areke BRUCE akoreshe aye uko abishaka RURA izamusoresha uko bikwiye singombwa ko utegeka ko 200%