in

Ngiki igihugu gisekeje gituwe n’abantu 33 gusa

Ntamuntu wakwiyumvisha uburyo igihugu giturwamo n’abantu bake cyane bagera kuri 33 gusa iki gihugu gito cyane kiriho ku isi ya Rurema.Repubulika ya Molassia ifite ubuso bwa hegitari 6.3 niyo Repubulika ntoya ku isi ituwe n’abantu 33 bonyine.

Iki gihugu giherereye muri Amerika y’amajyaruguru gifite umubare munini w’abagabo kurusha abagore bitewe nikirere kifashe neza ,gifitiye akamaro abagabo cyane .Bitewe n’uko ari akarere k’ubutayu nta bihingwa bishobora guhingwa aho.

Iki gihugu ni icyaro nta bikorwa remezo kigira nk’imihanda ya kaburimbo, amashuri ,ibibuga byindege ndetse n’ibitaro.Ba mukerarugendo benshi bakunda gusura iki gihugu bitewe nubuto bwacyo.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bigirimana
Bigirimana
2 years ago

Nonese kuki iyo babajije igihugu gito Ku isi bavuga Vatican yaba irutwa n’iyo Republic of Mollassia? Dusobanurire.

Mwene Samusure avukana isunzu; Kim Kardashian na North West mu myenda myiza cyane (amafoto)

“Iyo modoka igendamo abantu bane ntacyo imariye igihugu, RRA iyisoreshe 200%”, amagambo ya Senateri Emmanuel ku mudoka ya Bruce Melody