in

Israel Mbonyi utarakandagira mu tubyiniro tw’ijoro (night clubs) yabajije ikibazo cy’amatsiko

Umuhanzi Israel Mbonyi uri kubarizwa mu gihugu cya Australia yabajije ibibera mu tubyiniro tw’ijoro (night clubs) cyane ko nk’umukirisitu atarakandagira ahari utu tubyiniro ngo yinjiremo amenye ibiberamo.

Abinyujie ku rubuga rwa twitter , Israel Mbonyi yagize ati:” Sinari nagera muri night club, Ubundi haberamo ibiki ?  ,nyuma yo kubaza iki kibazo abakunzi b’uyu muhanzi bahise bamusubiza ibirayo banamubwira ko iyo inzoga zaryoshye n’indirimbo ze usanga bari kuzikina muri night clubs.

Uwitwa Olivier yagize ati:“Indirimbo zawe nizo zigezweho muri night club uzabasure” , ni mugihe uwitwa Muhoza Prince we yagize ati:Uzajyeyo urebe! Nizawe iyo zaryoshye barazikina ! Bakubonye bakwizihirwa ugashiduka ukoze igitaramo utateganije”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC irabura babiri b’inkingi za mwamba, Kiyovu Sports irabura umwe ngenderwaho! Abakinnyi 11 bazabanzamo ku mpande zombi muri uyu mukino w’ishiraniro

Fc Barcelona ishobora kuba igiye kugura rutahizamu wa Real Madrid nyuma y’imyaka 26 nta mukinnyi uva mu ikipe imwe ngo ajye mu yindi