in ,

Irebere uburanga bw’umukobwa wahogoje Rusheshangoga Michel (amafoto)

sakalkamka

Rusheshangonga Michel ukina  yugarira mu ikipe y’igihugu AMAVUBI ndetse no muri APR FC  ni umwe mu bakinnyi b’abahanga bakina mu gihugu i mbere,Mbere yuko yinjira muri APR FC  yakinaga yugariro mu  Isonga Fc no mu ikipe y’igihugu Amavubi U20 nyuma yaje guhitamo neza mu makipe menshi yamushakaga yihitiramo APR FC,ntabwo aribwo bwa mbere ariko Michel yari akoresheje umutima we ahitamo neza kuko yari yaranahisemo umwali  utagira uko asa Umutoni  Nadia babyirukanye.

Michel ubwe yivugira  ko Nadia amuturira byose kandi ngo ni yo mahitamo ye atenze ayandi ,urukundo rwa Nadia na Michel rukomeye ku buryo bugaragarira amaso ndetse uyu mukobwa amuba hafi mu mwuga we wo gukina  n’ikimenyimenyi Nadia yagaragaye incuro nyinshi ashyigikiye umukunzi we muri CHAN,ni kenshi kandi babwirana akari ku mutima bifashishije imbuga nkoranyambaga

 

abanab

 

 

 

Michel na Nadia barabyirukanye ndetse uko bagiye bakura ni nako urukundo rwabo rwagiye rutumbagira,kuri ubu amakuru agera kuri YEGOB.RW  yemeza neza ko umubano wabo washinze imizi ndetse bishobora no kuzarangira bibaniye.

 

Michel afite imyaka 22,yize muri APE Rugunga ,History-Economics-Geography (HEG) yifanira Arsenal,APR FC ndetse n’Amavubi gusa ibyo byose biza bikurikira Umutoni Nadia utagira uko asa.

ahaanama

habanaggttt

Image result for rusheshangoga michel  na  umutoni Nadia

Image result for rusheshangoga michel  na  umutoni Nadia

ajakana

jkmkmm
ruuanmama
urthji
ruujamakamknaa

 

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
3 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
peter tuyishime
peter tuyishime
7 years ago

MBEGA IBINYOMA WEEEE! NGO BARABYIRUKANYE BABYIRUKANIYEHE RA? ? UMWE KY MUMENA UNDI IMUHANGA? ?? ??? NUKO MURAKOZE RERO NGO MICHEL AFITE 22 ANS AYIGA MANA WEEEE NTUNAVUZE 32 NONGO 22 !?? GUSA WE NA NADIA BAHUYE BAHWANYE NTAWAHENZE UNDI KUKO BOSE N’INDAYA N’ABASINZI BAHUYE PE! !!

Joe H
Joe H
7 years ago

Contre succès, ngo bose ni indaya…abasinzi,

Umva muvandi guharabikana si byiza na gato. Nawe uwabigukorera ntibyakunezeza. N’ ubwo ibyo uvuze byaba ari ukuli ntukwiye kubivugira aha. Ukwiye kubaha vie privée y’ umuntu.
Urakoze kandi ko ugiye kwisubiraho

Igihe Cristiano Ronaldo azarangiriza gukina umupira w’amaguru cyatunguye benshi

Ikipe ya Barcelona yamaze gutangaza umusimbura wa Neymar Junior dos Santos