in ,

Igihe Cristiano Ronaldo azarangiriza gukina umupira w’amaguru cyatunguye benshi

cristiano-ronaldo

Umukinnyi w’umunyaporutigali Cristiano Ronaldo nyuma yo gukomeza guhatwa ibibazo byinshi n’itangazamakuru byerekeye ku gihe azarangiriza gukina umupira w’amaguru,uyu mugabo yashize amara amatsiko abafana be bibazaga igihe batazongera kubasha kubona ubuhanga n’ubunararibonye bw’uyu mukinnyi.

Borussia Dortmund v Real Madrid CF - UEFA Champions League

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru AS ubwo yarari mu birori byo gutaha Hotel ye i Lisbon “CR7 Hotel” yagize:”Nibyo koko imyaka iri kugenda iba myinshi kandi imbaraga zigabanuka,gusa ibyo sibyo ngenderaho ndacyaite ejo heza mu mupira w’amaguru ngereranije nsigaje nkindi myaka 10 yo gukina ruhago kandi yose ndifuza kuyimara mu ikipe ya Real Madrid,gusa si ibintu byoroshye ariko niteguye gutanga ibyo mfite byose kugira ngo ngere ku ntego yange”.

Ibi yatngaje bikaba byatunguye abantu benshi nyuma y’ibihuha byavugaga ko uyu musore ashobora  kuba agiye kwerekeza muri Amerika kureba ko ariho yabonera amasaziro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu Suarez yifuza kugirango yemere kongera amasezerano ye mu ikipe ya FC Barcelone nti byoroshye nabusa

Irebere uburanga bw’umukobwa wahogoje Rusheshangoga Michel (amafoto)