Nyuma y’inyerezwa ry’imisoro ndetse na ruswa byakunzwe guhwihwiswa kuri Neymar,uyu musore yakomeje kuzengerezwa no kugaragaza ko atishimiye uko inkiko zikomeza kumugera amajanja kubwizo mpamvu yakomeje kwifuzwa n’amakipe menshi yo kumugabane w’iburayi,bityo ikipe ye ya Fc Barcelona mukutizera ko ikimufite igihe kinini yahise ijya gushakisha umwana wo kuza kumusimbura.


Ikipe ya fc Barcelona ikaba yagaragaje ko ishaka bikomeye umwana w’umunya Brezil w’imayka 19 Tiago Maia ukina mu ikipe Neymar yavuyemo Santos Fc.Iyi kipe ikaba irikuushakamo miliyoni 30 zamapound mu gihe ikipe ya Barcelona yo ishaka kumutangaho miliyoni 20 zamapound.