Cristiano Ronaldo na Zlatan Ibrahimovic bazwiho kuba ari barutahizamu b’ibikurankota mu makipe atandukanye bagiye bakinira. Aba bagabo bombi rero bakaba basangiye agahigo kadasanzwe ko kuba aribo bakinnyi bonyine babashije gutsinda igitego kuri buri munota wose w’umukino.

Aka gahigo ko gutsinda igitego kuri buri munota wose w’umukino ni Cristiano wakagezaho bwa mbere tariki 12 gashyantare 2014 ubwo bakinaga n’ikipe ya Atletico Madrid muri Copa Del Rey agatsinda igitego ku munota wa karindwi w’umukino.
Nyuma rero muri uwo mwaka Zlatan nawe yaje gutera ikirenge mucya Cristiano Ronaldo tariki 4 nzeri ubwo Suede yastindaga Estonie icyo gihe Zlatan yatsinze igitego ku munota wa 24 w’umukino.
https://www.youtube.com/watch?v=J6EoDNjZTYs