Abantu muri iyi minsi bemeza ko ibintu bitameze neza ndetse ko udufaranga twabaye duke noneho byagera ku bagurisha ibyo Imana yabihereye, babuza amafaranga na mba bigera ubwo bajya bemera bagfata ibisimbura amafaranga harimo ibyo kurya.
Ukora umwuga wo kwicuruza witwa Bella ukomoka mu gihugu cya Nigeria yatawe muri yombi na police yo mu gihugu cya Ghana azira gukata imyanya y’ibanga ya mugenzi we bose bapfa umukiriya.
Ubusanzwe Bella ni we ufite ubuhanga buhanitse mu gutanga service nziza ku bagabo babagana, nyuma yo kubona Ruth atangiye kumurya abakiriya, yahise amukata imyanya y’ibanga.
Hhh no muri kayonza Gahini ahitwa mugongoni ejo byarabaye ibyo bintu bireze cyane