in

Amaturo azarikora, Pasiteri yagizwe nk’ingoma n’abakirisitu be kubera kwiba amaturo

Abantu benshi baziko amafaranga y’amaturo Pasiteri ayarya aba ari aye, gusa ariko bisaba ubwenge n’ubuhanga mu kuyarya kubera ko urusengero narwo ruba rushaka gutera imbere.

Pasiteri ukomoka muri Nigeria bita Adekele, yakubiswe agirwa intere n’abakirisuto bo muri South Africa bamuahisha kurya amaturo y’itorero ryabo ku isi hose.

Kuba yakubitiwe muri South Africa ntago ari igitangaza cyane ku buryo gukubitirwayo byaba ari amahano kuko amadini aba afite amashami ndetse n’uyahagararaiye kandi abantu bakaba bazi imikorere ye ndetse n’imigirire. ­

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Tuyisenge jacques yamaze gusinya mu ikipe ikomeye nyuma yo kuvugwa muri police fc

Indaya zabaganye imyanya y’ibanga bapfa umukiriya wa 500