in

Imva n’imvano kugirango icyamamare Jason Derulo kigaragare gifite ikote ryo muri Moshions ku rubyiniro

Imva n’imvano kugirango Icyamamare Jason Derulo kigaragare gifite ikote ryo muri Moshions ku rubyiniro.

Ibi byabaye ku mu ijoro ryo kuwa gatandatu ubwo Jason Derulo yagaragaye ku rubyiniro afite ikote ryakozwe n’inzu y’imideli nyarwanda ya Moshions.

Ni amashusho yafashwe ubwo uyu muhanzi yataramiraga abitabiriye ibirori by’imideli bya Milan Fashion Week, byagaragarijwemo imyambaro itandukanye ariko ya kigabo.

Ubwo Jason Derulo yari ari ku rubyiniro yahawe ikote ryakozwe na Moshions ryiswe ‘Maye Bomber Jacket’, ryasohotse kuri Imandwa Collection, rifite agaciro k’ibihumbi 565Frw. Iri kote ntirirashyirwa ku isoko uyu muhanzi niwe wa mbere urihawe.

Nyuma y’iki gikorwa Moshions yatangaje ko ibi byose byakozwe mu buryo bwo kwamamaza kandi yavuze ko ibi bigikomeje mu rwego rwo kumenyekanisha ibikorwa byabo.

Iryo joro Moses nawe yagaragaye aryambaye.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kwitwa umugore wa mbere mubi ku isi yabibyajemo amamiliyari(Amafoto) – Shira amatsiko

Umugore utwite yaguwe gitumo n’umugabo we wasanze asambanira ku gitanda cyo kwa muganga n’undi mugabo