in

Ibyo umukobwa wa Michael Jackson yakoze ntibyishimiwe n’abafana be.

Umukobwa wa Michael Jackson yababaje abafana be nyuma y’aho yanze kwiifuriza Papa we (Michael Jackson)umunsi mwiza wahariwe abapapa wabaye ku cyumweru, tariki 21 Kamena 2020, ahubwo abikorera mubyara we.

Ku cyumweru nijoro,nibwo uyu mukobwa wimyaka 22 yerekeje kuri konte ye ya Instagram maze avuga amagambo ashimagiza mubyara we TJ Jackson ariko ntacyo yavuze kuri papa we kuri uyu mwanya ,ariyo mpamvu bamwe mu bafana be batabyishimiye bavuga ko atakundaga se (Michael Jackson )witabye Imana muri 2009 mu butunguranye.

Paris na mubyara we basomana.

Ninyuma y’amafoto yashyizeho ari kumwe n’uyu mubyara we maze yandikaho ati:”Umunsi mwiza w’ abapapa, papa T.Ndagukunda n’umutima wanjye wose kandi sinshobora gusobanura ibyo wankoreye byose. Niwowe buzima bwanjye. “

//www.instagram.com/embed.js

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Young Grace ati :”Umusore wanteye inda naramuhuzwe niyo yagira ate ntitwasubirana”

Miss Rwanda, Nishimwe Naomie yavuze amagambo akomeye ku ifoto y’umwana wafashwe ku ngufu