in

Hehe no kurangiza vuba ‘kubipa’! Ibyiza byo gucyebwa (kwishyura) ku gitsina gabo cyose aho kiva kikagera

Iki gikorwa kitari gishya mumatwi yabenshi, ni igikorwa kigendereye gukuraho igice cyangwa uruhu rwose rutwikiriye umutwe w’igitsina cy’umugabo.

Gusiramura bikaba bifatwa nk’igikorwa cyo kwamuganga cyo kubaga kimaze imyaka myinshi kurenza ibindi kwisi ndetse abarenga 30% by’abagabo bo ku isi barengeje imyaka 15 ubu bakaba basiramuye.

Hashingiwe kubushakashatsi bugera kuri bune bwakorewe mubihugu by’ubufaransa, Leta zunze ubumwe za Amarika ndetse n’ibindi bihugu binyuranye bya Afurika, bwashyize ahagaragara inyungu ziva mu kwisiramuza.

1. Kuba gusilamura bishobora kurinda abagabo indwara zandurira mumibonano mpuza bitsina nibura kugeza kukigero cya 60%.

2. Nubwo kwisiramuza bitabuza kwandura indwara ya SIDA, ariko bigabanya ibyago byo kuba wayandura.

3. Gusiramuza umwana ukiri muto, bimugabanyiriza ibyago byo kugira infection za hato na hato zomurwungano rw’inkari

4. Kwisiramuza bigabanya ikibazo cyo kurangiza vuba mugihe cy’imibonano mpuzabitsina.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta mugabo usaza atabonye, umugabo yatashye iwe asanga umuvandimwe we ari kubisesengura n’umugore we mu gitanda cye bitwaje ko yananiwe gutera inda

Amakuru meza cyane ku bakunzi b’umuhanzi w’umunyarwanda Kitoko Bibarwa wabicishije irungu