in

Amakuru meza cyane ku bakunzi b’umuhanzi w’umunyarwanda Kitoko Bibarwa wabicishije irungu

Amakuru meza cyane ku bakunzi b’umuhanzi w’umunyarwanda Kitoko Bibarwa wabicishije irungu.

Umuhanzi Kitoko yatangaje ko agiye guha abafana be indirimbo nshya.

Ku modoka y’icyitabashwa, Kitoko yavuze amagambo yemeza ko agiye gushyira hanze indirimbo nshya.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye, Kitoko yagize ati: “Hey, mwe mwese! Turimo gukora nshya kandi ntidushobora gutegereza ko tuyigusangiza. Komeza utegereza ibishya.”

Iyi ndirimbo azaba ari iyo kuramya no guhimbaza Imana, aho yayise ‘Uri Imana.’

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hehe no kurangiza vuba ‘kubipa’! Ibyiza byo gucyebwa (kwishyura) ku gitsina gabo cyose aho kiva kikagera

Mugabo, kwifata ntibyaga uzajye kugura indaya! Igihe umugabo atagomba gutera akabariro n’umugore we utwite kabone niyo yaba yabishegeye