in

Gicumbi:Abana na nyina bafatanyije bahotoye uwari papa  wabo barangije bamujugunya mu bwiherero

Gicumbi:Abana na nyina bafatanyije bahotoye uwari papa  wabo barangije bamujugunya mu bwiherero.

Nkuko amakuru abivuga Umugore w’imyaka w’imyaka 44 n’abana be bane kuwa Gatatu tariki ya 1 Gashyantare 2023, batawe muri yombi bakurikiranyweho kwica umugabo we bakamuta mu musarani.

Amakuru avuga ko ubu bugizi bwa nabi bwakozwe kuwa 24 Ukuboza 2022, bukorerwa mu Murenge wa Kaniga, Akarere ka Gicumbi.

Ku makuru dukesha UMUSEKE avuga ko uyu muryango wari usanzwe ubana mu makimbirane, hanyuma umugore n’abana baza gufata umugabo baramwica ariko nubwo bafashwe ntabwo turabona umurambo we ngo babyemeze ko ari bo bamwishe.”

Icyakora umwana mukuru yaje kubyemera yiyemerera ko bamwisheba.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yakatiwe imyaka 7 n’amafaranga agera kuri miliyari kubera kubeshya umusore urukundo

Agahimbazamusyi ubuyobozi bwa Rayon Sports bwashyiriyeho abakinnyi ngo bazatsinde Kiyovu Sports katumye benshi bacika ururondogoro