in

Ese wari ubizi ko ibere ry’ibumoso ritangana n’iryiburyo! Dore indyo umukobwa wese cyangwa umugore yarya zikamufasha gukuza amabere n’ikibuno

Ese wari ubizi ko ibere ry’ibumoso ritangana n’iryiburyo! Dore indyo umukobwa wese cyangwa umugore yarya zikamufasha gukuza amabere n’ikibuno

Ubushakashatsi bwagaragaje ko burya amabere y’umuntu uwo ariwe wese aba atangana. Bwagaragaje ko ibere ry’ibumoso ariryo rinini kurenza iry’iburyo.

Ndetse ubushakashatsi bwagaragaje indyo zitandukanye ushobora kurya kenshi zikaba zagufasha kongera amabere.

Amata : Amabere yawe yose agizwe n’ibinure kandi kurya ibikomoka ku mata bikungahaye ku binure bishobora kongera ubunini bw’amabere yawe.

Ipapayi: ipapayi nayo yagufasha kuko ikungahaye ku ntunga mubiri zifasha umubiri kurambuka.

Imbuto z’ibihaza (Imbuto z’amadegede) : izi zo uraziswa ukajya uminjira ifu yazo mu biryo buri munsi.

Soya : soya nazo zikungahaye ku ntungamubiri nyinshi zifasha umubiri mu gukuza ibice byawo. Si ibyo gusa kuko zo zigufasha no kwirinda kuba warwara kanseri yo mu mabere.

 

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Marcel Rutagarama wamenyekanye mu kogeza imipira kuri Radio Rwanda, yavuze ko ikipe afana ariyo ikunzwe kuruta izindi hose mu Rwanda

Satani ategera abakobwa kuri iPhone: Ibimenyetso simusiga byerekana ko iPhone ari igikoresho cya Satani