in

Marcel Rutagarama wamenyekanye mu kogeza imipira kuri Radio Rwanda, yavuze ko ikipe afana ariyo ikunzwe kuruta izindi hose mu Rwanda

Umunyamakuru Marcel Rutagarama wamenyekanye mu kogeza imipira kuri Radio Rwanda, yavuze ko ikipe afana ariyo ikunzwe kuruta izindi hose mu Rwanda.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X, Marcel Rutagarama yavuze ko ikipe ya Rayon Sports asanzwe afana, ko ariyo ikunzwe hose mu Rwanda.

Ati “Ushobora kuba ubishidikanyaho ariko uzabigenzure i kipe Rayon Sports hirya no hino mu Rwanda ihagira abakunzi benshi.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Israel Mbonyi yujuje miliyoni 1 mu masaha 120 mu gihe Bruce Melodie we byamusabye asaga 312

Ese wari ubizi ko ibere ry’ibumoso ritangana n’iryiburyo! Dore indyo umukobwa wese cyangwa umugore yarya zikamufasha gukuza amabere n’ikibuno