in

Ese koko mu masohoro habamo Vitamin?, Ese niba zibamo ni zihangahe?

Mbere yo gusubiza iki kibazo abenshi bahora bibaza, reka tubanze dusobanure amasohoro icyo ari cyo.

Nubwo mu Kinyarwanda tuyita amasohoro gusa, ariko mu ndimi z’amahanga ubona ko hari itandukaniro.

Amasohoro ni uruvange rw’intangangabo, amatembabuzi y’ururenda ariyo twita amasohoro, poroteyine, calories n’imyunyungugu n’amavitamini anyuranye.

Iyo myunyungugu twavuga kalisiyumu, chlore, manyeziyumu, azote, fosifore, potasiyumu, sodiyumu na zinc.

Harimo kandi citric acid, fructose (ubwoko bw’isukari), na lactic acid.

Naho vitamini zibonekamo ni vitamini C na B12. Ubwinshi bwazo buterwa n’imyaka y’umugabo, ibiro bye, n’imibereho ye ni ukuvuga ibyo arya, anywa, na siporo akora.

Ivomo: #umutihealth

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yahagaritse ubukwe nyuma yo gusabwa inkwano y’umurengera(video)

Ntabumuntu; Umukobwa w’imyaka 16 yabyaye umwana amuta mu musarani wa Kinyarwanda