in

Cristiano Ronaldo yagaragaye muri Real Madrid

Kizigenza Cristiano Ronaldo uherutse gusezererwa mu gikombe cy’isi yagaragaye ari mu myitozo Ku kibuga cya Real Madrid.


Cristiano Ronaldo wanyuze Muri Real Madrid nyuma akaza kuyivamo muri 2018 akerekeza muri Juventus ariko akaza kugaruka muri Manchester United ariko bakaba baherutse gutandukana yagaragaye ari mu myitozo ku kibuga cya Real Madrid gihereye muri Espagne.
Ronaldo uherutse gusezererwa mu gikombe cy’isi ubwo Morocco yatsindaga Portugal akinira yatangiye gukora imyitozo mu gihe agitegereje aho kwerekeza kuko nyuma yo gutandukana na Manchester United ubu ntakipe afite izwi.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo nyuma yo kuva mu gikombe cy’isi yandagajwe na Morocco, yabuze ikipe akoreramo imyitozo maze yitabaza ikipe yagiriyemo ibihe byiza(Amafoto)

Mu Rwanda: n’agahinda kenshi umubyeyi aratabariza abana be barengeje imyaka 40 baranze gushaka