in

Cristiano Ronaldo nyuma yo kuva mu gikombe cy’isi yandagajwe na Morocco, yabuze ikipe akoreramo imyitozo maze yitabaza ikipe yagiriyemo ibihe byiza(Amafoto)

Nyuma yaho ikipe y’igihugu ya Portugal yandagajwe na Morocco iyisezerera mu gikombe ,Cristiano Ronaldo yatangiye gukorara imyitozo ku kibuga cya Valdebebas cy’ikipe ya Real Madrid kugira ngo arebe ko yamera neza,yitegura kwerekeza mu yindi kipe cyane ko ubu ntayo agira.

I

Nyuma yo guhabwa uburenganzira na Real Madrid, mu gitondo Cristiano yahawe ikibuga cye bwite gitandukanye n’igikoreraho ikipe ya mbere.

Ronaldo yagarutse I Madrid nyuma yo kuva nabi muri Qatar ndetse nta nubwo azongera gusubira muri Manchester United kuko basheshe amasezerano.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igikombe cy’isi: Umusore wo muri Kenya yahanutse muri stade ubwo Argentina yakinaga bituma ahita yitaba Imana ubwo yari mu kazi

Cristiano Ronaldo yagaragaye muri Real Madrid