in

Cristiano Ronaldo yaciye agahigo ko kugira abamukurikira benshi ku mbuga nkoranyambaga ze zose kurusha ibindi byamamare.

Rutahizamu wa Juventus Cristiano Ronaldo, niwe mukinnyi ukurikirwa n’abantu benshi ku mbuga ze nkoranyambaga, aho arusha ibyamamare nka Messi ,NeymarJr na JamesRodriguez.

Nguru urutonde rw’abakinnyi bose n’uburyo bakurikirwa kuri social media zabo.

Nk’uko, bigaragara ku rutonde rw’abakinnyi bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga zabo zirimo Facebook, Twitter na Instagram, Cristiano Ronaldo ni we uza ku mwanya wa mbere.
Uyu mukinnyi akurikirwa na 124M kuri Facebook, 90M y’abakoresha kurubuga rwa Twitter ndetse na 251M kuri Instagram.Bivuze ko Ronaldo afite abantu 465M bose bakurikira imbuga nkoranyambaga ze zose.

Ku rundi ruhande, Lionel Messi akurikirwa na 265M kuri Facebook 90m na ​​175m kuri Instagram, Messi akaba aza ku mwanya wa kabiri w’uru rutonde aho arusha Neymar Jr uza ku mwanya wa gatatu w’abakinnyi bakurirwa n’abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga zabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wari uzi ko ingeso yo kwiba ishobora kuvamo uburwayi bukomeye?

Ibintu by’ingenzi kandi bitangaje wakora niba ushaka guhorana ubuzima bwiza|Bigerageze uyu munsi.