in

Byatangajwe: Ikipe APR FC burya yaribwe nta mukinnyi n’umwe w’Umunyamahanga yaguze uri ku rwego rwayo (VIDEO irimo ukuri kose)

Byatangajwe: Ikipe APR FC burya yaribwe nta mukinnyi n’umwe w’Umunyamahanga yaguze uri ku rwego rwayo.

Abanyamakuru bakorera Radio&Tv 10 barimo Anta ndetse na bagenzi be bemeje amakuru avuga ko ikipe ya APR FC ikomeje kugaragaraza urwego ruri hasi yibwe kandi ko abakinnyi bose yaguze batari ku rwego rw’iyi kipe y’ubukombe mu Rwanda.

Amashusho:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu baciwe intege no kumva ko umukobwa w’imyaka 17 yiciwe ku karubanda akubiswe imihini n’ibibando ndetse akaza no gutwikwa ku manywa y’ihangu

Inyuguti ya R! Amazina y’umwana wa Rihanna aherutse kwibaruka yatangiye kunugwanugwa