in

Bruce melodie yatumye abantu bahagarika ibikorwa byabo ku mbuga nkoranyambaga bamwerekezaho amaso -AMAFOTO

Bruce Melodie yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Selebura’ imwe mu ndirimbo nziza zari zitegerejwe n’abatari bake.

Iyi ndirimbo yakorewe muri 1:55AM ikorwa na Element, mu gihe amashusho yayo yatunganyijwe na Sacha Vybez wo muri Uganda.

Iyi ndirimbo kandi amashusho yayo yafatiwe mu Rwanda no muri Uganda, by’umwihariko muri Car Freezone mu gihe habaga imurikagurisha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Meddy yatinze aziko azakumburwa none yaragarutse asanga yaribagiranye

Ndagukumbuye rwose kandi ndagukeye ubu- Kim Kardashian yerekanye intimba yatewe no kuba Papa we yarapfuye akamusiga akimukeneye