in

Bibaye byiza ku ruhande rumwe ! Fifa n’urukiko rwa Siporo byarangije ikirego Adil yaregaga mo APR FC

Mu itangazo ryashyizwe n’ubuyobozi bwa APR FC, riramenyesha abakunzi bose ba APR FC, abanyamuryango, n’abakunzi ba ruhago muri rusange, ko ikirego Muhammed Adil yaregagamo Apr Fc cyarangiye giteshejwe agaciro.

Umutoza Muhammed Adil wigize kugirana ibihe byiza na APR FC, nyuma akaza gutandukana nayo, yari yarareze APR Fc muri Fifa ndetse no mu rukiko rwa Siporo, ayirega ku kuba yaramwirukanye mu buryo bunyuranyije n’amategeko.

Gusa muri iri tangazo rya APR FC rigaragaza ko FIFA ndetse n’urukiko rwa Siporo (CAS) byateshe agaciro iki kirego. Kikaba cyasojwe ntakongera guteza imvururu.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Ntaguca ku ruhande Anita Pendo yavuze umugabo ahora asengera yifuza ko bazabana

Rihanna yicujije kuba yarerekanye imyanya y’ibanga ye -Amafoto