in

Ntaguca ku ruhande Anita Pendo yavuze umugabo ahora asengera yifuza ko bazabana

Anita Pendo umubyeyi w’abana babiri b’abahungu, ni umwe mu bakunze kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga, ndetse bamwe bamusaba gushaka undi mugabo.

Mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV, umunyamakuru yagarutse kuri iyi ngingo, ubundi amubaza umugabo ahora asengera yifuza kuzabona.

Anita Pendo yavuze ko ibyo kwifuza umugabo wateruye ibyuma, muremure, mwiza, muri make ufite igihagararo, ko ari bimwe by’abana bakiri bato bafite imyaka 20, we ibyo ntiyabigenderaho.

Pendo yavuze ko yifuza umugabo umukunda, ushaka kubaka , ubasha kumwihanganira , uzi gukora(utari umunebwe) ndetse wemera Imana.

Uyu Anita Pendo ubusanzwe ufite abana babiri yahoze afite umugabo w’umukinnyi ndetse wigize gukinira ikipe ya AS Kigali.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

KNC yabuze imbaraga zo gusoka muri Pelé Stadium kubera agahinda ko gutsindwa na Police FC – VIDEWO

Bibaye byiza ku ruhande rumwe ! Fifa n’urukiko rwa Siporo byarangije ikirego Adil yaregaga mo APR FC