in

Rihanna yicujije kuba yarerekanye imyanya y’ibanga ye -Amafoto

Umuhanzikazi Rihanna uri muri bamwe mu bahanzi bigize kwigarurira imitima ya benshi yatangaje ko yicuza ibyo yakoze ahashize he, kuko kuri ubu bitamuhesha agaciro nk’umubyeyi.

Rihana kuri ubu ufite umugabo n’abana babiri avuga ko mu bintu bikomeye yicuza kuba yarakoze, harimo kuba yarajyaga yifotoza yambaye ubusa kugirago akurure abantu ndetse yigwizeho igikundiro.

Mu kiganiro Rihanna yagiranye na British Vogue, yagize ati “bamwe bashobora kubibonamo uburyarya, gusa nakoze ubugoryi bwinshi ahashize hange, nashyize imyanya yange yibanga hanze, ndetse n’ibindi byinshi nakoze. Sinzongera gukora buriya bugoryi kuko ndabwicuza, hari nubwo nibaza niba koko aringe wabikoraga. Kuri ubu mbona ari ibya bana bato”.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bibaye byiza ku ruhande rumwe ! Fifa n’urukiko rwa Siporo byarangije ikirego Adil yaregaga mo APR FC

Breaking News! Rayon Sports yageze ku mukino wanyuma w’igikombe cy’amahoro