in

Bazwiho kuryoshya iby’abakundana! Ubushakashatsi bwagaragaje ko nta mugabo ushobora guca inyuma umugore ufite mu maguru hatandukanye

Bazwiho kuryoshya iby’abakundana! Ubushakashatsi bwagaragaje ko nta mugabo ushobora guca inyuma umugore ufite mu maguru hatandukanye.

Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo gikunze gukora ubushakashatsi ku buzima no ku buzima bw’imyororokere, PharmEazy bwagaragaje ko abagore bafite mu maguru hatandukanye bakunze kuba beza mu gihe k’imibonano hagati y’umugore n’umugabo.

Ubu bushakashatsi bwashingiye ko abakobwa bateye gutya akenshi baba batabyibushye ndetse ko biborohera gukora mu buryo bwose bashaka, ndetse n’umugabo bikamworohera.

Nanone kandi bukomeza bugaragaza ko abagore benshi bateye gutya baba barakoze imyitozo ngorora mubiri myinshi kandi ngo burya nta mugore waruta umugore ukora siporo.

Bityo rero ubu bushakashatsi bwagaragaje ko umugabo ufite umugore uteye gutya atapfa kumuca inyuma ngo kuko ntawundi mugore yabona nkawe.

Aba bagore bateye gutya kandi akenshi ngo baba bazi kwiruka cya ku buryo mu mudashobora kujya mu masiganwa.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yagiye kuvumba urwagwa ahasiga ubuzima! Anathole wari wagiye kunywa urwagwa ku muturanyi we yapfuye bitunguranye

Umunyamakuru Manirakiza Théogène yongeye kwitaba urukiko mu bujurire ku cyemezo yafatiwe