in

Bagore beza, dore ibindi bintu abagabo bakunda atari imibonano mpuzabitsina

Abagore benshi bakubwira ko abagabo babo bakunda imibonano mpuzabitsina cyane, gusa nubwo bayikunda hari ibindi bintu bakunda yo itarimo.

Abagabo bakunda gusomana n’abagore babo: iki ni igikorwa gikorwa hagati y’abashakanye ndetse kikaba cyongera urukundo.

Bakunda icyubahiro, ereka umugabo wawe icyubahiro umwubaha bizatuma yumva ari wowe yaremewe.

Kwitabwaho, abagabo bakunda ko abagore babitaho mu bintu byoroheje nko kumuterera ipasi, kumuhanagurira inkweto, kumucira inzara ndetse n’ibindi.

Guhabwa umwanya, abagabo baba bashaka ko abagore babo babaha umwanya uhagije muri byose.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kanye West yongeye kugaragaza ko urukundo rwe n’umugore we mushya rumaze gushinga imizi (AMAFOTO)

Howo zikomeje kwica abantu umusubirizo: Ikamyo yo mu bwoko bwa Howo yakoze impanuka  yica abantu abari bayirimo bakizwa n’amaguru