in

Asinah Errera ati : “Umugabo waguhaye icyo wifuza cyose ashatse yanaguca inyuma ntakibazo”

Mu kiganiro aherutse kugirana na Phil Peter, Asinah Erra usigaye yiyita Mama Lao yatangajeko kuri we abona igihe umugabo yaguhaye ibyo ukeneye byose utagakwiye kwirirwara uhangayika ngo aguca inyuma ngo kuko ntacyo bitwaye.

Aganira na Phil Peter, Asinah yashimangiye ko impamvu ituma abantu bashakana ari ibyishimo ko kandi kugirango ibyo byishimo biboneke aruko umugabo aba afite ubushobozi bwo guha umugorewe buri kintu cyose yifuza ku bwizo mpamvu ngo igihe umugabo yamumenyeye buri cyose ashaka ntiyakwirirwa amubaza ibyo kumuca inyuma ngo ntacyo byaba bitwaye.

Asinah akaba yongeyeho ko abakobwa cyangwa se abagore bajya muri telephone z’abagabo babo bari kubagenzura aribo bikururira ishyano

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu bitangaje wamenya ku ntare,umwami w’ishyamba.

BYAKOMEYE: Umuraperi Meek Mill arashinjwa ubujura