in

Ari wowe wabigenza ute? Umugore ashaka kujya gushaka umwana hanze kubera igitutu cy’umuryango nyuma yo kumenya ko umugabo we atabyara

Ari wowe wabigenza ute? Umugore ashaka kujya gushaka umwana hanze kubera igitutu cy’umuryango nyuma yo kumenya ko umugabo we atabyara

Nk’uko bigaragara ubutumwa bwanditswe na nyiri ubwite “Umugore” atakambira umugabo we ko yamureka akajya gushaka umuntu umutera inda kugira ngo basi babone amahoro bareke guhozwa ku nkeke n’imiryango ihora ibasaba kubyara.

Ubu ni ubutumwa umugore yandikiye umugabo we.

Hari imiryango myinshi ikunze guhura n’ikibazo cyo kubura urubyaro gusa abenshi bafata abana mu bigo birera imfubyi.

Koko se uri umugabo w’uyu mugore wakwemerera umugore wawe ko ajya kuzana amaraso atari ayawe ukayarera cyangwa wahitamo kurera umwana ukuye mu bigo birera imfubyi?

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwatubyaye Abdul utishimiwe na bamwe mu bafana ba Rayon Sports, agiye kujya mu ikipe iri kwandagaza amakipe muri Caf Champions Leuge

Izina rimwe yaryiswe na nyina ari we Rihanna ayandi abiri ayitwa na se, amazina atangaje y’umwana wa Rihanna yamenyekanye