in

Rwatubyaye Abdul utishimiwe na bamwe mu bafana ba Rayon Sports, agiye kujya mu ikipe iri kwandagaza amakipe muri Caf Champions Leuge

Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse na Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul, hari amakuru avuga ko yifunzwa cyane n’ikipe imwe mu zikomeya muri Tanzania ikubutse muri Caf Champions Leuge aho yagarukiye muri 1/4.

Biravugwa ko umutoza Robertinho wahoze atoza Rayon Sports gusa kuri ubu akaba atoza Simba Sports Club yo muri Tanzania, yifuza abakinnyi 2 bakina hano mu Rwanda, aribo Rwatubyaye Abdul wa Rayon Sports ndetse na Niyonzima Olivier Sefu wa As Kigali.

Ibi bije nyuma y’uko ubwo ikipe ya Rayon Sports yatsindwaga n’ikipe ya Gorilla FC, hari abafana b’iyi kipe yambara Ubururu n’Umweru, bavuze ko Rwatubyaye adakwiye kubanza mu ikipe yabo ngo kuko ariwe ubatsindisha.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana yakurikije nyina pe! Farida Kajara n’umukobwa we Paula Kajara bose bagaragaye bari gukaraga imibiri yabo – VIDEWO

Ari wowe wabigenza ute? Umugore ashaka kujya gushaka umwana hanze kubera igitutu cy’umuryango nyuma yo kumenya ko umugabo we atabyara