in

Aha hantu hazashya ndakurahiye: Element yatangaje abanyamakuru azahuriza hamwe akaba korera indirimbo

Umusore ukomeye cyane hano mu Rwanda ukora akazi ko gutunganya imiziki Element yatangaje inkuru y’uko azahuriza hamwe bamwe mu banyamakuru bakora umuziki hano mu Rwanda.

Element uzwiho ubuhanga buhanitse mu gutunganya imiziki yaraye atangaje ko azahuriza mu indirimbo imwe abanyamakuru bakomeye cyane hano mu Rwanda bakora umuziki mu kiganiro Sunday Choice Live ku Isibo Tv.

Abo bahanzi Element yavuze azahuriza hamwe ni Phil Peter, Uncle Austin hamwe na Yago ugomba kuzaririmba Chorus.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ghetto Kids: Batashye amara masa, abafana induru bayiha umunwa

Haringingo Francis utwaye ibikombe 2 mu makipe abiri atandukanye yashimiye umukinnyi umwe gusa yemeza ko ari we wamuhesheje igikombe muri Rayon Sports abafana baramwirukanye kera