in

Abakinjyi 5 bari munsi y’imyaka 21 bahenze kw’Isi.

1.Jamal Musiala umusore muto ufite imyaka 20 ukinira ikipe ya Bayern Munich,  ukomoka  mu gihugu cy’u Budage afite agaciro ka (€110m) , Jamal ukina nku wataka ariko anyuze hagati(attacking midfielder) cyangwa agacyina anyuze ku mpande aba bitwa ba mababa(winger) amaze gukukinira Bayern Munich imikino 9 ayitsindira ibitego 2 atanga imipira ivamo ibitego 2.

2. Florian Wirtz uyu nawe ni umusore muto ufite imyaka 20 akinira ikipe ya Bayer Leverkusen akomoka mu gihugu cy’u Budage afite agaciro ka (€100m) uyu musore nawe ukina ashakisha ibitego ariko anyuze hagati mu kibuga (attacking midfielder) ndetse no kuruhande rwiburyo ( Left winger), mu mikino 15 amaze gukinira Bayern Levarkusen amaze gutsinda ibitego 5 atanga imipira ivamo ibitego 6.

3. Xavi Simons umusore muto w’umuhorandi ukinira ikipe ya RB Leipzig kuntizanyo ya Paris saint Germain n’umwe mubasore bato bafite agaciro gahenze kuko ubu ahagaze (€70m), mu mikino 15 amaze gukinira RB Leipzig amaze gutsinda ibitego 4 atanga imipira ivamo ibitego 7.

4. Mathys Tel uyu musore muto w’umufaransa ufite imyaka 18, ukinira  ikipe ya Bayern Munich nawe n’umwe mu bakinnyi bato babahanga kandi bahenze kw’isoko ry’igura n’igurisha ry’Abakinnyi ubu afite agaciro ka (£50).
mu mikino 11 yakiniye Bayern Munich yatsinze ibitego 3 atanga imipira ivamo ibitego 2.

5.Castello Lukeba uyu musore ufite imyaka 20 ukinira ikipe ya RB Leipzig ukomoka mu gihugu cy’u Bufaransa afite agaciro ka (£40). amaze gukinira RB Leipzig imikino 14 ayitsindira igitego cyimwe.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu karere ka Rubavu abantu bari gucuruzwa umusubirizo

Umugore yafashe umugabo we ari gusambana n’undi mugore maze ahita amuha imodoka kugira ngo amubabarire