in

Abafite ababo bagwiriwe n’ikirombe cy’amabuye y’agaciro i Huye barashima Leta yagaragaje ko yita ku muturage

Nyuma y’uko hafashwe umwanzuro wo guhagarika gushakisha abantu 6 bamaze ibyumweru 3 baridukiwe n’ikirombe mu murenge wa Kinazi mu karere ka Huye, abaturage babuze ababo, barashimira uko Leta yababaye hafi.

Babavuga ko nubwo batabonye imibiri y’ababo ngo bayishyingure, ngo ibyo Leta yakoze byaberetse ko yitaye ku muturage.

Bavuze ibi nyuma y’ibyumweru 2 Leta ishakisha imibiri y’aba bantu bagwiriwe n’ikirombe, gusa bageze aho bavugana n’imiryango y’aba bagwiriwe n’ikirombe maze bemeza ko imirimo yo gushakisha abantu 6 bagwiriwe n’ikirombe ihagarikwa maze bashyiraho indabyo aho bari bagejeje mu rwego rwo kubasezeraho.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu byaha 2 ashinjwa, Turahirwa Moses yamaze guhamwa na kimwe muri byo

Harapfa umuntu: Ikipe ya APR FC irashaka kwisubiza icyubahiro Kiyovu nayo irashaka kwerekana ko ariyo kipe ya mbere uyu mwaka