in

Mu byaha 2 ashinjwa, Turahirwa Moses yamaze guhamwa na kimwe muri byo

Mu byaha 2 ashinjwa, Turahirwa Moses yamaze guhamwa na kimwe muri byo

Umunyamideri Turahirwa Moses ukurikiranyweho ibyaha bibiri harimo icyo gukoresha ibiyobyabwenge no gukoresha impapuro mpimbano kimwe muri byo ari cyo cyo gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi cyamaze kumuhama.

Turahirwa Moses yiyemereye ko ubwo yari mu Butaliyani yafashe ikiyobyabwenge cy’urumogi mu gihe kingana n’imyaka ibiri yamaze abayo.

Ashinjwa icyaha cyo hufata ibiyobyabwenge byemejwe n’ibipimo byafashwe na ,Rwanda forensic Labratory’ ubwo yamupimaga ikamusangamo ibiyobyabwenge mu maraso ye.

Mu byaha ashinjwa harimo no gukoresha impapuro mpimbano zirimo pasiporo igaragaza ko ari umukobwa kandi mu by’ukuri iyo pasiporo ubushinjacyaha bwarasanze nta yihari.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gakenke: Umugore yarumye umugabo we umunwa arawuca

Abafite ababo bagwiriwe n’ikirombe cy’amabuye y’agaciro i Huye barashima Leta yagaragaje ko yita ku muturage