in

Zishobora kuba arizo nkweto zihenze cyane mu Rwanda: Umuhanzi Davis D yatangaje akayabo yaguze inkweto ye yavugishije benshi

Umuhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Davis D yatangaje amafaranga yaguze inkweto ye yagaragaye yambaye maze ikavugisha benshi.

Umuhanzi Davis D bigaragara ko asigaye ameze nk’umunyamideli nubwo ntacyo arabivugaho yatangaje igiciro yaguze inkweto ye amaze iminsi agaragara ku mbuga nkoranyambaga.

Ubwo uyu muhanzi yaganiraga ni Inyarwanda.com dukesha iyi nkuru yabajijwe igiciro yaba yaraguze iyi nkweto maze agira ati:” Yego nibyo uru rukweto ruhagaze amadorali 1000 niko naruguze” byumvikane neza ko uru rukweto Davis D yaraguze agera kuri miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Didier
Didier
1 year ago

Reka reka cyereka niba ari million y’ama shilling

Abagabo barabona! Ya nzu igeretse ya Platin P yatangiye kugerwa amajanja (AMAFOTO)

“Byambabaza” Tidjara Kabendera yavuze ikuntu azamenya ku muhungu we Platin P watandukanye n’umugore maze cyikamubabaza bidasanzwe