in

“Byambabaza” Tidjara Kabendera yavuze ikuntu azamenya ku muhungu we Platin P watandukanye n’umugore maze cyikamubabaza bidasanzwe

Umunyamakuru w’umucuruzi Tidjara Kabendera yavuze ko ingo z’iki gihe zubakirwa ku mpamvu atari urukundo ikaba imwe mu mpamvu za mbere ziri gutuma zisenyuka.

Tidjala yakomeje anenga abasore bahunga inshingano zo kurera ndetse n’abakobwa begeka inda ku basore runaka kandi atari bo babateye inda.

Kabendera yavuze ko inkuru ya Platini P aramutse asanze ari ukuri byamubabaza ariko ko yakwishimira ko umuhungu we [Platini P] atari we nyirabayazana wo gutandukana.

Aha yavugaga ku bijyanye n’umwana yabyaranye na Olivia bivugwa ko atari uwe.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zishobora kuba arizo nkweto zihenze cyane mu Rwanda: Umuhanzi Davis D yatangaje akayabo yaguze inkweto ye yavugishije benshi

Ubu abagabo bashobora umubindo! Turahirwa Moses yamaze kwihinduza igitsina cye ntakiri umugabo