in

Yarize nk’agahinja: Ikipe ya Real Madrid yahombeje akayabo k’amafaranga umuhanzi ukunzwe cyane hano muri Afurika

Ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espane nyuma yo kunyagirwa akavagari k’ibitego n’ikipe ya Manchester City yo mu gihugu cy’u Bwongereza mu mukino wa kabiri wa 1/2 cya Uaefa Champions League byasize mu gahinda umuhanzi ukunzwe cyane hano muri East Africa.

Umuhanzi Drama T ukomoka mu gihugu cy’u Burundi yagiriye ikizere cyo ku rwego rwo hejuru ikipe ya Real Madrid ku mukino yari gucakiranamo n’ikipe ya Manchester City maze aterekaho akayabo k’amafaranga agera kuri miliyoni y’amafaranga akoreshwa mu gihugu cy’u Burundi.

Drama T yagiye kugeragaza amahirwe ku ikipe ya Real Madrid yari ikuyibiye 5 n’ibice kugira ngo arebe ko yarya akavagari k’amafaranga maze aterekaho miliyoni y’amarundi ugerageje kuyavunja mu manyarwanda agera ku ibihumbi 370 by’amafaranga akoreshwa hano mu Rwanda.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Icyo umutima ushaka amata aguranwa itabi’ Umukobwa wakanyujijeho mu rukundo n’umukinnyi wa APR ari mu rukundo n’uwo bahuje igitsina (AMAFOTO)

Bihinduye isura nanone! Apr Fc yatumye muri Rayon Sports hasohotse ibaruwa idasanzwe igenewe abafana ba Rayon Sports bari gusabwa ikintu nabo biyiziho ariko badakora uko bikwiye (Ibaruwa)