in

Bihinduye isura nanone! Apr Fc yatumye muri Rayon Sports hasohotse ibaruwa idasanzwe igenewe abafana ba Rayon Sports bari gusabwa ikintu nabo biyiziho ariko badakora uko bikwiye (Ibaruwa)

Hasohotse ibaruwa idasanzwe igenewe abafana ba Rayon Sports bari gusabwa ikintu nabo biyiziho ko bafite.

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatumije inama nyunguranabiterekezo izahuza abahagarariye abandi bafana b’iyi kipe mu Gihugu hose.

Ni mu ibaruwa uyu muyobozi yashyizeho umukono ku wa Gatatu tariki 17 Gicurasi 2023.

Ati “Mu rwego rwo kwitegura neza umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro dufitanye n’ikipe ya APR FC tariki 03/06/2023 kuri Stade yahuye, Ubuyobozi bw’Umuryango wa Rayon Sports bubatumiye mu nama nyunguranabiterekezo izaba ku wa Gatandatu tariki 20/05/2023 Saa yine z’amanywa izabera ku Biro Bikuru by’Umuryango wa Rayon Sports biherereye ku Kimihurura.”

Muri iyi baruwa, basoje bavuga ko mu cyitonderwa harimo ko buri Fanclub izahagararirwa na Perezida wa yo cyangwa Visi Perezida, bataboneka bombi bakazohereza Umunyamabanga Mukuru.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yarize nk’agahinja: Ikipe ya Real Madrid yahombeje akayabo k’amafaranga umuhanzi ukunzwe cyane hano muri Afurika

Yewe nukumubona n’ubwiza gusa ariko nta cyongereza cye pe! Imivugire y’icyongereza ya Alliah Cool ikomeje gucyemangwa