in

‘Icyo umutima ushaka amata aguranwa itabi’ Umukobwa wakanyujijeho mu rukundo n’umukinnyi wa APR ari mu rukundo n’uwo bahuje igitsina (AMAFOTO)

‘Icyo umutima ushaka amata aguranwa itabi’ Umukobwa wakanyujijeho mu rukundo n’umukinnyi wa APR ari mu rukundo n’uwo bahuje igitsina.

Isimbi Amandine uzwi nka Amandah Darling, yabonye umukunzi mushya ukomoka muri Uganda, aho bivugwa ko ari umukobwa mugenzi we.

Ari mu rukundo n’uyu wamusajije nyuma yo gutandukana na Wamukota Tom Bush ukinira APR BBC.

Mu ntangiriro za Mutarama 2023, ni bwo Amandah yatangiye gusangiza abamukurikira amafoto ari kumwe n’umukunzi we mushya.

Amakuru atangazwa na IGIHE ni uko uyu mukunzi wa Isimbi yitwa Amollo Karol.

Kuri ubu ku mbuga nkoranyambaga, Amandah yamaze kongera izina ry’uyu mukobwa mu mazina akoresha aho asigaye yitwa Amandine Amollo Isimbi. Akaba ari na we rukumbi akurikira ku rubuga rwa Instagram.

Bombi bamaze kwiyemeza kuzabana akaramata.

AMAFOTO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Iyo Mana ni nziza pe! Yasize imwinwa iyaga, Bahavu Jeanette yazamuye ijwi rirenga aririmbira Imana nyuma yo kubona imodoka ye

Yarize nk’agahinja: Ikipe ya Real Madrid yahombeje akayabo k’amafaranga umuhanzi ukunzwe cyane hano muri Afurika