in

“Yari myiza ariko hari ikintu iriho kizatuma ntawambara” Umwambaro wa Rayon Sport ukomeje guterwa uwinyuma n’abantu benshi bitewe n’ikintu kimwe bashyizeho kigiye gutuma ubura isoko -AMAFOTO

Ikipe ikina icyiciro cya mbere hano mu Rwanda ya Rayon Sport ikaba izwiho kugira abafana benshi ikomeje gahunda yayo yo gusohora umwambaro mushya izajya ikoreshwa mu gihe yagiye gusura Andi makipe.

Ni umwambaro wiganjemo ibara ry’ubururu ndetse n’ikirango cya skolo imbere mu gatuza, gusa hari bamwe mu bafana batishimiye icyo kirango cya sikolo kubera ko ngo cyatwaye umwanya munoni.

Reba bimwe mu bitekerezo byatanzwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igikombe igishyize mu biganza byayo: Manchester United iguze umukinnyi utandukanye n’abandi bose yaguze -AMAFOTO

Nyamirambo: Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo gusanganwa urumogi ruhagaze amafaranga menshi