in

Yari aherekejwe nk’aba Perezida! Umusore w’imyaka 33 witwa Esbon watsindiye miliyoni 216 muri Bet yagiye kuyafata aherekejwe na Polisi y’igihugu

Umusore w’imyaka 33 witwa Esbon watsindiye miliyoni 216 muri Bet yagiye kuyafata aherekejwe na Polisi y’igihugu.

Muri Kenya, Esbon Macharia w’imyaka 33 yatsindiye miliyoni 27 z’amashiringi ya Kenya.

Ayo mafaranga angana na miliyari 216 mu mafaranga y’u Rwanda.

Ubwo imodoka ya Bet yajyaga kumuzana aho akorera ubucuruzi bw’ibikoresho by’ububatsi, yamuzanye ishagawe na moto za Polisi y’igihugu.

Uyu musore yatsindiye ayo mafaranga muri Jackpot ku itariki 24 Ugushyingo 2023.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abagabo bangana na 30% barangiza vuba ibyo bita ‘Kubipa’ mu gihe cyo gutera akabariro

Aba-Rayon bayamusukagaho nka ATM! Héritier Nzinga Luvumbu yahawe amafaranga n’abafana ba Rayon Sports nyuma yo kubahesha ibyishimo ku mukino wa shampiyona