in

Ya migati yari yaraboze! Imigati ikipe ya Rayon Sports iheruka guha abanyeshuri bo muri Gs Kabusunzu basanze yaraboze ndetse yaratoye n’uruhumbo (Amafoto)

Ya migati yari yaraboze! Imigati ikipe ya Rayon Sports iheruka guha abanyeshuri bo muri Gs Kabusunzu basanze yaraboze ndetse yaratoye n’uruhumbo.

Muri iki Cyumweru nibwo Rayon Sports yaganuje abanyeshuri bo muri Gs Kabusunzu ku migati yayo ‘#GIKUNDIROBread’

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

Nyuma yo kuyitanga, haje andi makuru avuga ko yari yarapfuye.

Uwotwa Egide Tuyishime, yanditse kuri Twitter avuga ko imigati Rayon Sports yahaye abana ko yapfuye.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

Si ukubivuga gusa ahubwo yanabyerekanye mu mafoto.

Kuri ubu ntakintu Rayon Sports yari yabivugaho.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

https://twitter.com/EgideTuyishime2/status/1735018146338115823?t=sPgMoUflmpDPmbdrS-TkfA&s=19

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Dodos
Dodos
7 months ago

Ubu uretse guhubukana inkuru zidafite facts waba warabihagazeho kggo ubashe kubyandika nk’umunyamakuru w’umwuga ??!!

Justin Hategekimana
Justin Hategekimana
7 months ago

Njyewe ntago nabihamya kuko nkekako banana kuyifatangura ahubwo hashobora khuzami kidobya agakora envelope agashyiramo iyapfuye
Munyunguze bwite

Ojera na Muhadjir batawe mu bigori! Hatowe abakinnyi 11 beza kurusha abandi muri shampiyona y’u Rwanda n’umutoza wahize abandi

Agezweho: Umukobwa wa Pasiteri Ezra Mpyisi atangaje ukuri ku nkuru yasakaye y’urupfu rwa Papa we