in

VIDEWO : Ubukwe bwabereyemo intambara y’abagore

Ibyari ubukwe byarangiye bibaye intambara .nyuma yaho abagore babiri bari bitabiriye ubukwe mu gihugu cya Nigeria basubiranyemo bagatangira guterana amasahane n’amakanya  ,abandi bagatangira gukiza  ,ubukwe bugahinduka akajagari.

Ntawigeze amenya ngo mu by’ukuri ni iki aba bagore bapfuye , uretse ko abari mu bukwe bagiye kubona bakabona abagore  batangiye guterana amasahane n’amakanya ndetse bamwe batangira gufata n’intebe ,kuburyo ubukwe bwari akavuyo gusa ndetse bigaragara ko hari byinshi byangijwe,birimo amasahane yamenetse.

REBA HANO UKO BYARI BYIFASHE

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Habereye impanuka iteye ubwoba y’imodoka y’ivatiri yaritwaye umuryango warugiye gutabara yagonze imodoka nini ya HOWO -AMAFOTO

“Ariko mwana wagiye ureka utazasenya urugo rw’abandi”  abantu bihaye umusore wadukiriye Knowless ku mbuga nkoranyambaga