in

Kigali: Habereye impanuka iteye ubwoba y’imodoka y’ivatiri yaritwaye umuryango warugiye gutabara yagonze imodoka nini ya HOWO -AMAFOTO

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 31 Mutarama mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Kigali hafite y’ikiraro cya Nyabarongo ahegereye uruganda rw’amatafari rwa Ruriba aho imihanda ihurira umwe uturuka ahazwi nka Noruveje undi uturuka ku Giti kinyoni habereye impanuka iteye ubwoba.

Hari mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa kabiri nibwo iyi mpanuka yabaje aho yaje no guhitana ubuzima bw’umugore w’uwo mugabo warutwaye iyo modoka abandi barimo shoferi ndetse nundi mugenzi bari batwaye barakomereka.

Ni impanuka yambaye hagati y’ivatiri yagonze Imodoka nini ya HOWO abari muriyo vatiri baza kuhagirira ikibazo cy’ubuzima.

Ibyo byabaye ubwo uwo muryango nubundi warugiye gutabara undi muryango wabo wagize ibyago mu ntara y’amajyaruguru none hakaba hiyongereyeho n’urupfu rw’uwo mu mubyeyi

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inyubako 10 zubatse mu buryo butangaje ku isi (AMAFOTO)

VIDEWO : Ubukwe bwabereyemo intambara y’abagore