in

Video: Umusore yataye umugeni we ujya kwibyinira imbyino zidasanzwe.

Bimaze kumenyerwa ko mu muco nyafurika iyo ubukwe budafite ùmuziki bufatwa nk’ubukonje, aba butaha na bo bashimishwa no gufata amashusho n’amafoto yabarimo kubyina bakayohereza ku mbuga nkoranyambaga.

Imwe muri izo video twabateguriye uyu munsi ni iy’umusore wasize umugeni we aho biyakirira (reception) akajya kwibyinira hamwe n’abagore bari batumiwe mu bukwe ,bazi kuzunguza ibibuno.

Muri iyi videwo umusore n’umugeni we baba bicaranye ariko yabona abagore bari baje mu bukwe barabyina mu buryo budasanzwe ahita ahaguruka ata umugeni ajya kwibyinira.Adatekereje ku mugeni we, uyu musore yahise yiterera aho babyiniraga atangira kubyinisha abandi bagore yabafashe mu mayunguyungu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo yahishuye uburyo Papa we yamubwiye ko bazapfa ari abatindi.

Ibyo Diamond Platnumz yakorewe n’umuryango we ni ubwa mbere bimubayeho.