in

Uyu we Imana iramwikundira: Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi amaze kubona ikipe ikomeye cyane ku mugabane w’i Burayi

Uyu we Imana iramwikundira: Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi amaze kubona ikipe ikomeye cyane ku mugabane w’i Burayi.

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Nirisarike Salomon wari amaze umwaka umwe nta kipe afite ubu yamaze kwerekeza mu ikipe ya KVK Tienen ikina mu cyiciro cya gatatu mu Bubiligi.

Uyu mukinnyi w’imyaka 30 y’amavuko n’umwe mu bakinnyi bamaze imyaka myinshi mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi dore ko yatangiye kuyikinira muri 2012.

Salomon wari amaze umwaka umwe adakina yaherukaga gukinira ikipe ya FC Urartu yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Armenia.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu magambo yuzuye urukundo rw’abarayon Jean Paul Nkurinziza yasezeye ku bafana bose ndetse abagenera inkuru nziza

Umukinnyi w’Amavubi yari yabuze ikipe none yerekeje mu cyiciro cya 3 mu bubiligi