in

Umukinnyi w’Amavubi yari yabuze ikipe none yerekeje mu cyiciro cya 3 mu bubiligi

 

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda w’imyaka 30 NIRISARIKE Salomon yerekeje mu ikipe ya KVK Tienen mu cyiciro cya 3 mu BUBILIGI.

Uyu mukinnyi yari amaze Umwaka adakina nyuma yo gutandukana na FC Urartu mu cyiciro cya mbere muri Armenia.

Salomon yakiniye Equipe ya Saint-Trond na Antwerp mu myaka yashize mu Bubiligi, mbere yo kwerekeza muri Armenia mu ikipe ya Pyunik.

Salomon ari mu bakinnyi ubu bamaze igihe kinini mu ikipe y’igihugu, kuko yatangiye kuyikinira 2012.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu we Imana iramwikundira: Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi amaze kubona ikipe ikomeye cyane ku mugabane w’i Burayi

“Dj Briane weee” umwana w’umusore wakunze Dj Briane yatangiye kwiruka ku musozi yambaye ubusa kubera urukundo akunda Briane